Kanseri muri iki gihe iri guhitana abantu benshi muri iyi minsi buri mwaka miliyoni z’abantu ku isi bahitanwa na kanseri.

Kanseri iterwa no gukura nabi cyangwa ku buryo budasanzwe bw’uturemangingo tw’umubiri(cellules).muri kanseri zihitana benshi ku isi harimo na kanseri y’amagufwa .

iyi kanseri uyirwara igihe uturemangingo tugize amagufwa twakuze nabi yaba imbere cyangwa inyuma ku magufwa.ubu bwoko bwa kanseri buboneka cyane ku magufwa yo mu rukenyerero,amagufwa maremare y’amaboko n’amaguru.

Ubusanzwe tuziko amagufwa akora amaraso rero iyo amagufwa yarwaye kanseri akora amaraso yanduye ycangwa ntabashe no kuyakora ibyo bigatera uburwayi bwa kanseri mu mubiri cyane cyane harimo kanseri y’amagufwa .

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibimenyetso ,ubwoko n’igitera kanseri y’amagufwa.

UBWOKO BWA KANSERI Y’AMAGUFWA

Osteosarcoma: ubu ni ubwoko bwa kanseri y’amagufwa bwibasira abana n’abajeune batarengeje imyaka 20.Bufata mu magufwa y’amaguru n’amaboko rimwe na rimwe iyi kanseri ifata nibice byinyuma by’amagufwa.

Chondrosarcoma:ni uburyo bwa kabiri bwa kanseri y’amagufwa burangwa n’ibibyima mu ngingo bifata mu rukenyerero,amaguru n’amaboko bwibasira abafite imyaka 40 kuzamura.

Ewing sarcoma: ni uburyo bwa gatatu bwa kanseri y’amagufwa burangwa n’ibibyima mu ngingo bifata mu rukenyerero,amaguru n’amaboko bwibasira abafite hagati y’imyaka 10 na 20.

N’IKI GITERA KANSERI Y’AMAGUFWA?

  • Imyaka uko umuntu agera mu myaka yo hejuru niko ibyago byo kurwa kanseri y’amagufwa byiyongera.

  • Kuba mu muryango hari uwigeze kuyirwara

  • Ubuzima bubi

  • Ubuvuzi bukoresheje imirasire cyane cyane iyo wabikoresheje ukiri muto

  • Kuba mu muryango hari abarwaye kanseri zitandukanye

  • Gukura nabi k’uturemangingo tugize amagufwa ;ubusanzwe utueremangingo dushaje dusimburwa n’udushya hari igihe rero udushaje dukomeza kubaho tukirunda tugakora ibibyimba aribyo bivamo kanseri zitandukanye n’iya magufwa irimo

IBIMENYETSO BYAKWEREKA KO URWAYE CYANGWA UGIYE KURWARA KANSERI Y’AMAGUFWA

  1. Kubira ibyuya cyane ninjoro.

  2. Kudakora neza kw’ingingo;kutabasha kugenda,kunanirwa gukora bitewe ni kubabara mu ngingo bishobora kuba ikimenyetso cya kanseri y’amagufwa.

  3. Guhorana umunaniro ukabije no kumva wacitse intege umubiri wose.

  4. Gutakaza ibiro; iyo amagufwa adafite atameze neza nta buzima habaho gutakaza ibiro ugomba kureba muganga mugihe rero uri gutakaza ibiro cyane kugirango harebwe ikibazo ufite

  5. Kubabara umubiri wose ariko by’umwihariko mu ngingo ndetse no kumva wokera bikiyongera ninjoro bikakubuza gusinzira.

  6. Kugira umuriro mwinshi umubiri wose.

  7. Kugira ibimeze nk’ibiheri ku magufwa bituruka ku gukura nabi k’uturemangingo tugize amagufwa bikarangwa no kubabara muri icyo gice igufwa riherereyemo

  8. Ububabare bukabije ku gice runaka cy’igufwa

  9. Kugira ibimeze nk’ibibyimba ku magufwa y’amaguru n’amaboko, igituza n’urukenyerero.

  10. Guhorana umunabi

  11. Kuvunika ku buryo bworoshye kw’amagufwa bitewe no koroha kwayo

  12. Kubura imbaraga zo guhindukira ku buriri cyangwa aho uryamye.

  13. Kugira uburibwe imbere mu mubiri utasonura urugero urimo kuribwa ibice by’umubiri wose bitandukanye

  14. Kugira agahinda gakabije,kwiheba,kwigunga.

NI BANDE BAFITE IBYAGO BYO KURWARA KANSERI Y’AMAGUFWA?

  • Abantu bakunze kurwara kanseri zitandukanye mu muryango wabo byumwihariko kanseri y’amagufwa

  • Kuba warakunze gukoresha imirasire mu ku kuvurwa cyangwa waranyuze mu cyuma kenshi.

  • Abarwaye indwara yo koroha kw’amagufwa agakunda kuvunika nyuma yaho agakura mu buryo budasanzwe (atypically) ibyo bitera uburwayi bwa kanseri y’amagufwa.

  • Abantu barwaye ibibyimba mu ngingo biterwa no gukura nabi k’uturemangingo (cellules) tw’amagufwa.

 

ICYITONDERWA: igihe ubonye bimwe cyangwa byinshi mu bimenyetso bya kanseri y’amagufwa twabonye hejuru ugomba kwihutira kujya kwa muganga kugirango barebe ko urwaye iyi kanseri y’amagufwa

.IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE ryabazaniye inyunganiramirire zikoze mu bimera zikaba zikoreshwa ku rwego mpuzamahanga,izi nyunganiramirire zirinda zikanavura uburwayi bwa kanseri zitandukanye harimo na kanseri y’amagufwa.

Izi nyunganiramirire ni:Reishi capsules,Golden six capsules,Ca+Fe+Zi Plus capsules,Ganoderma plus capsule,Blueberry Super Nutrition,Ginseng capsule,Pine pollen tea,Compond Morrow,Joint Health capsules,calcium capsules.

                                               

 

    ADDRESS

            IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, ku MUHIMA mu Nyubako yegeranye na HOTEL OKAPI Ikoreramo GENESIS TV muri Etaje IBANZA HASI muri 0 (Ground Floor)

Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) / 0788865515 (WHATSAPP)

E-mail: kundubuzimahealthcare@gmail.com

Mwanasura urubuga rwacu arirwo

www.kundubuzima.rw